Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu. Nyamara
Inkuru zasomwe cyane
Indwara irangwa no kwishima mu myanya y’ibanga ku bagore ni indwara iterwa n’uko utunyabuzima duto two mu bwoko bw’imisemburo (yeast) twitwa candida tuba twabaye twinshi mu mubiri. Ubusanzwe utu tunyabuzima twibera mu mubiri w’ umuntu ku rugero ruto ntidutere ikibazo. Nk’uko
INDWARA ZO MU MYANYA NDANGAGITSINA Ahanini indwara zo mu myanya ndangagitsina zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Indwara zo mu myanya ndangagitsina ni izi: o Kalamidiya o Kondoloma o mburugu o imitezi o Imisuha o Virusi itera SIDA Rimwe na rimwe iyo umugore ababara mu gitsina, hari uduheri, arwaye
Ubwoko bw’ amaraso y’ umuntu n’ ubwo tuyabona yose atukura, ariko burya agabanijemo amoko 4 ariyo O, A, B, AB .Ubu bwoko butandukaniye kubiyagize bifasha mu ikorwa ry’ abasirikare barinda umubiri w’ umuntu byitwa antigens. AddThis Sharing Buttons Share to FacebookShare to
Ese mbere wakibaza uti gutwita(pregnancy) bitangira ryari? Numunsi intanga zahuriyeho?cg nigihe igi ryafashe muri uterus? Uko wasubiza icyo kibazo kose sibyahindura uburebure bwo gutwita bwi ibyumweru 40 kdi ibi byumweru bitangirara numunsi uwasamye aherukira gutangira imihango aheruka, gukuramo inda nicyaha
Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi yifashishwa mu
Muri kamere y'abagabo barangwa no kwihagararaho, gusa hari igihe biba ngombwa ko ukurikirana ikibazo mbere yuko amazi yarenga inkombe. mugabo wese usoma iyi nkuru ubonye kimwe mubimenyetso tugiye kukubwira, urasabwa kwihutira kureba muganga akagusuzuma ukamenya uko uhagaze hato abantu batazajya
Ise nimwe mundwara z'uruhu abantu benshi batinya cyane, ariko abahanga mubuvuzima bavuga ko ise atari indwara ihangayikishije ubuzima cyane. ariko ibyo ntibibuza abantu guhungabanywa nayo kuko yonona isura y'umuntu n'umubiri wose muri rusange. Ise ikunda gufata ibi bice by'umubiri bikurikira; Mu
Hari byinshi bibangamira ubuzima bwa muntu muri byo harimo nicyo abazungu bise pruritus ani, bisobanura ngo kuwishamagura mu kibuno, hari umubare munini w'abantu babana n'iki kibazo ariko nyamara barara badasinziriye bibaza uko cyazakemuka aha kandi bikaba bikunze kuba bibi cyane
VIH cyangwa HIV n’ijambo rihinnye ryo mururimi rw’icyongereza (Human Immune Virus), iyi ni Virusi ihangara ubudahangarwa (T-Cells) bw’inyokomuntu ikabushegesha kugeza aho buba nntacyo bukibashije kuba bwakora mubijyanye no kukurinda izindi ndwara. Iyo udafashe imiti igabanya ubukana bw’iyi virusi ishobora gutuma ugera
Hari ibintu byinshi abakobwa bibwira ko ari isuku nyamara byangiza imyanya y’ibanga yabo. Aha rero abanditsi ba mubuzima.com twabahitiyemo ibintu bitatu umugore cyangwa umukobwa agomba kwirinda nkuko tubikesha http://kigalibiz.com/. 1. Isabune Ibi ushobora kwibwira ko ari nko kwivuguruza. Ukeneye kugira isuku no