Nubwo yagerageza ate, umwana wawe bigaragara ko bimugora kuba yamara ijoro ryose atanyaye kuburiri. Nyamara nubwo wowe uba wumva bikubangamiye nawe nuko ntaba yishimiye kubyuka buri gihe ariwe wanyaye kuburiri. urakeka ko umwana wawe yaba afite ikibazo gikeneye kwitabwaho n'abaganga? muri iyi nkuru turarebera hamwe igihe biba ngombwa ko wagana
Amakuru
Mbese uzi uko bakora isuku yo mu kanwa mu buryo bukwiriye?
Uko abashakashatsi mubumenyi bw'indwara zo mukanwa bagiye babigaragaza bavuga ko umubare wabatuye isi wagiye uzamuka kukurushaho kumenya ko ari ingenzi gukora isuku yo mu kanywa, icyakora nubwo ngo uwo mubare wiyongereye, biravugwa ko abantu bakora isuku yo mukanwa neza nkuko bisabwa n'abaganga b'inzobere mu ndwara zo mu kanwa imibare iracyari
Menya n’ibi; Wari uzi ko kwiga kwawe nk’umubyeyi w’umugore bituma umwana wawe abaho?
Nta makuru ahagije ahari kugeza ubu agaragaza uko abagore bo mu Rwanda bahagaze mubijyanye n’ikigero cy’amashuri baba baragezeho biga, gusa ubu bushakashatsi bwakorewe mugihugu cy’ubutariyani hari icyo bwagaragaje twese dukwiye kumenya [1]. Kuba umugore yaba yarakandagiye mu ishuri burya ngo bigira uruhare runini muguhindura imibereho ye ndetse naho ari, ni mubushakashatsi
‘vBlock’ ubu buryo bukoreshwa bute kugira ngo umuntu agabanye ibiro?
Muri iki gihe usanga abantu benshi bagenda barushaho kugira ibiro biri hejuru cyane, kandi ibi ntagihe abavuzi batatuburira ko umubyibuho ukabije ari indiri y'indwara nyinshi cyane, zitabuzemo na za Diabetes ndetse na 'Hypertension' nka zimwe mu ndwara zikomeye cyane zuririra kukuba umuntu agenda arushaho kongera ibiro b'umubiri we ku rwego
Ese ni iki gituma abaganga bavuga ibintu nkibi?
Indwara ya Malariya ni indwara ikunze kuzahaza cyane abaturage batuye isi ariko cyane umugabane wa Africa, icyakora nubwo imibare igaragaza ko muri Africa cyane cyane munsi y'ubutayu bwa Saharah ariho higanjwemo iyi ndwara ya malariya, usanga abaturage batuye muri iki gice ibijyanye n'ubukana bw'iyi ndwara batabyumva neza, ngo babe banafata
Ubumenyi bw’ibanze umuntu yamenya ku kwisiramuza ukoresheje impeta ya PrePex.
Gukebwa hakoreshejwe uburyo bw’impeta ya PrePex ni iki? Gukebwa k’umugabo ni uburyo bwo gukuraho agahu gatwikiriye umutwe w’igitsina cye. Ibi bifasha mu kugabanya ibyago byo kwandura Virusi itera sida kugera ku kigero cya 60%, bimurinda n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina “PrePex ni impeta yihariye ikoreshwa hatabayeho kubagwa” Igihe wakebwe hakoreshejwe impeta
Wari uzi ko umubare w’abatabona uzikuba 3 mu wi 2050? Reba impamvu.
Umubare w’abantu bafite ubumuga bwo kutabona ku Isi ushobora kuzaba warikubye gatatu mu 2050 bakava kuri miliyoni 36 bariho ubu bakagera kuri miliyoni 115 bitewe n’ubwiyongere bw’abantu ndetse no gusaza kwa benshi. Inkuru dukesha igihe.com batangaje ko Ubushakashatsi bwasohotse kuri uyu wa Kane ku itariki ya 3 Kanama 2017, bwakozwe bukanandikwa
Impeta irinda igitsina gore kwandura SIDA yashyize iratangazwa.
Ese koko igisubizo cy'icyorezo cyayogoje isi yose kuva ahagana 1981 aho isi yose yamenye ibyiyi ndwara ya SIDA yaba igiye kubonerwa umuti? Abashakashatsi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bemeje ko igerageza ry’amezi atandatu bakoreye ku bangavu bo muri icyo gihugu ku bijyanye no gukoresha impeta y’igitsina gore mu kugabanya
WHO: Itabi riraduhangayikishije twese, reba hano ibibi by’itabi.
Bimaze kumenyerwa cyane nkaho ikibazo cy'itabi kitari mubiteye abantu inkeke, ariko ibi ntidukwiye gusa nababitera umugongo kuko umuryango ushinzwe kwita kubuzima kwisi WHO utangaza ko nibura abantu barenga miriyoni zisaga esheshatu zipfa buri cyumweru bazira itabi rya hato na hato byaba ari ukurinywa cyangwa kuba yafi y'umuntu urinywa. Burya itabi n'uburozi bubi
Igisubizo kirambye kubantu bapfaga bazize gutakaza amaraso menshi igihe babazwe cyabonetse.
Isi yose yakomeje guhangayikishwa bikomeye n’umubare wabantu bapfaga bazize gutakaza amaraso menshi cyane igihe babaga bagiye kuvurwa aruko babazwe, cyane cyane mu bihugu bimwe na bimwe aho usanga poliki ya Leta ishishikariza abantu gutanga amaraso itaratera imbere, aha twavuga nk’abagore babyara babazwe cyangwa se n’abandi barwayi bose bakenera kuba babagwa,